Umuco nyarwanda

Ikibindi cyirimo inzoga
Ingoma

Umuco Nyarwanda ugizwe n'ibintu byinshi. Mu buryo butandukanye n’ibindi bihugu byinshi byo muri Afurika, u Rwanda ni igihugu cyunze ubumwe kuva mu bihe bya mbere y’ubukoloni, gituwe n’abaturage b'Abanyarwanda basangiye ururimi rumwe rw'Ikinyarwanda n’umurage ndangamuco. [1] Mu Rwanda hizihizwa Iminsi mikuru inyuranye izwi buri mwaka ndetse n'indi rimwe na rimwe leta yinjizamo.

Ibiryo bya kinyarwanda

Guhera ku wa 07 Mata kugeza ku wa 14 Mata buri mwaka ni Icyumweru cy'icyunamo cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa Gatandatu wa nyuma wa buri kwezi ho haba Umuganda rusange mu Gihugu hose. Uwo munsi wibanda ku bikorwa bigamije iterambere n'imibereho y'abaturage muri rusange kandi serivisi nyinshi zisanzwe zikora zirahagarika.

  1. Prunier (1995), p. 15

© MMXXIII Rich X Search. We shall prevail. All rights reserved. Rich X Search